Kigali Today
@kigalitoday
Rwanda's Leading News Agency
Ikiganiro #EdTechMondays cyagarutse! Icyo muri uku kwezi kwa Nyakanga 2025 kiribanda ku mabwiriza ngenderwaho mu kwimakaza ikoreshwa ry’ikoranabuhanga mu burezi (Standards for Seamless EdTech Integration into Curricula). Ese haba hari amategeko n’amabwiriza bigenga…

Casmir Manirareba, Umuyobozi wungirije muri Saint Paul International School, yavuze ko ikoreshwa ry'ikoranabuhanga mu mashuri, ritanga umusaruro mu myigire y'abana by'umwihariko mu gukora imyitozo, kureba amasomo mu buryo bw'amashusho cyangwa kuyumva mu buryo bw'amajwi. Yavuze…


Vincent Nyirigira, ushinzwe guteza imbere ikoranabuhanga muri REB yavuze ko mu rwego rwo kugira ngo ikoranabuhanga rikoreshwe neza kandi ku rugero rwifuzwa, hari amabwiriza n'imirongo migari yashyizweho na Leta bijyanye n'aho Igihugu gishaka kugera. Yakomeje avuga ko uyu munsi…

Basketball, ururimi Abanyarwanda batangiye kumva. kigalitoday.com/inkuru-zicukum…
AMAFOTO - Icyanya kizwi nka Zaria Court Kigali cyafunguwe ku mugaragaro na Perezida Kagame ari kumwe na Masai Ujiri, cyitezweho guteza imbere ibikorwa bya siporo, umuco n’imyidagaduro.




AKA KANYA - Kurikira ikiganiro #EdTechMondays kuri KT Radio usobanukirwe byinshi ku mabwiriza Ngenderwaho mu Kwimakaza ikoreshwa ry' Ikoranabuhanga mu Burezi. #YoungAfricaWorks #RwandaEducation youtube.com/live/2j_2rGqhY…
VIDEO - Perezida wa Repubulika Paul Kagame ari kumwe na Masai Ujiri, bafunguye ku mugaragaro icyanya cyagenewe ibikorwa bya siporo, umuco n’imyidagaduro kizwi nka Zaria Court Kigali.
Ese wari uzi ko hari amategeko n’amabwiriza bigenga imikoreshereze myiza y’ikoranabuhanga mu myigishirize? Ntucikwe n'ikiganiro EdTech Monday cyo kuri uyu wa Mbere saa kumi n'ebyiri z'umugoroba kuri KT Radio, kugira ngo ubashe gusobanukirwa byinshi. #EdTechMondays…


VIDEO - Umwe mu bahanga mu kuvanga umuziki akaba n'umuhanzikazi, Dj Uncle Waffles wari utegerejwe na benshi, yanyuze abari muri BK Arena ubwo yari ahawe umwanya ngo asusurutse abitabiriye igitaramo cyo gutangiza iserukiramuco cya Giants of Africa.
VIDEO - Perezida Paul Kagame mu gutangiza Iserukiramuco rya Giants of Africa, riri kubera mu Rwanda ku nshuro ya kabiri, yashishikarije urubyiruko rwa Afurika gutinyuka rugakoresha ubushobozi rwifitemo. Yagize ati: "Ndashaka kubasaba kwizera ibihangange biri muri mwe.…
VIDEO - Umuhanzi Kevin Kade yasusurukije abitabiriye ibirori byo gutangiza iserukiramuco rya Giants of Africa, mu buryo buryoheye ijisho nyuma yo kwinjirana ku rubyiniro ababyinnyi batandukanye barimo n'ababyina imbyino gakondo ndetse n'izigezweho bari biganjemo abo muri Sherrie…
Ikipe ya APR HC yegukanye igikombe cy’Igihugu 2025 muri Handball itsinze Police HC ibitego 28-25 ku mukino wa nyuma. kigalitoday.com/imikino/handba…
MENYA N'IBI - Wari uzi ko kurota inzozi mbi bituma umuntu yikanga cyangwa se ashigukira hejuru yari asinziriye kubera ubwoba atewe n’ibyo arose, bikaba kenshi, byagira ingaruka zirimo gupfa imburagihe? kigalitoday.com/ntibisanzwe/ar…
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze AS Muhanga yagarutse muri Shampiyona y’Icyiciro cya mbere uyu mwaka, ibitego 4-0, mu mukino wa gicuti wabereye kuri Sitade ya Muhanga. kigalitoday.com/imikino/footba…
VIDEO - U Rwanda ruri mu bihugu byishimiwe ubwo rwaserukaga mu iserukiramuco ‘Giants of Africa Festival 2025’ ryahurije hamwe ibihugu 20 i Kigali.
VIDEO – Urubyiruko rwo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) rwitabiriye iserukiramuco ‘Giants of Africa Festival’ ryabereye i Kigali, ryitabirwa n’ibihugu 20 byo muri Afurika.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko Afurika ikeneye kwizera ubuhangange yifitemo kandi Abanyafurika ubwabo by’umwihariko urubyiruko bakaba ari bo bakeneye kubigaragaza.kigalitoday.com/imyidagaduro/i…